Image default
Politike

Mwitegure impinduka ku musoro ku mitungo itimukanwa

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yatangarije  RBA ko bitarenze uku kwezi kwa mbere haba hamaze kumenyekana impinduka ku musoro ku mitungo itimukanwa. Ni nyuma y’aho abantu mu ngeri zinyuranye bagaragaje ko uyu musoro uri hejuru cyane.

Image                                                                     Dr Uzziel Ndagijimana

Mu kiganiro Perezida  Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru n’abaturage, ku wa 21 Ukuboza 2020, ikibazo cy’imisoro ku mutungo utimukanwa yiyongereye ni kimwe mu byo yagejejweho. Icyo gihe Minisitiri Ndagijimama yavuze ko izo mpungenge z’abaturage zatangiye gusuzumwa.

Minisitiri Ndagijimana yavuze ko imisoro nigabanuka abamaze gusora na bo bazitabwaho, amafaranga azaba arengaho akazaherwaho mu misoro y’umwaka ukurikiyeho.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

U Rwanda rwasubije umudepite wa USA ko ubutabera bwarwo bwigenga

Emma-marie

Perezida Kagame asanga guhangana n’ingaruka za COVID19 bisaba ubufatanye bw’ibihugu

Emma-marie

Ikoranabuhanga n’itumanaho kimwe mu byahinduye ubuzima bw’u Rwanda mu myaka 26 ishize

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar