Image default
Ubuzima

OMS yemeje ko Coronavirus ari icyorezo cyugarike abatuye Isi

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rimaze gutangaza ko coronavirus ari ari icyorezo cyugarije isi.

Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, umukuru wa OMS, yavuze ko umubare w’abamaze kuyandura hanze y’Ubushinwa umaze kwiyongera inshuro zikubye 13 mu by’umweru bibiri bishize.

Yavuze ko “ahangayikishijwe bikomeye” no “kuba nta gikorwa kigaragara” kuri iyo virusi.Icyorezo ni igihe indwara ikwirakwira mu bihugu byinshi ku isi kandi mu gihe kimwe.

Ariko Dr Tedros yavuze ko n’ubu igihe kitararenga ngo za leta zo ku isi zigire icyo ziyikoraho. Ati: “Ibihugu byose bishobora guhindura umujyo w’iki cyorezo”.

Yavuze ko leta zigomba “gukora mu buryo bungana ibyo kurinda ubuzima, kugabanya ihungabana no kubaha ubuzima bwa muntu”.

Ati: “Turigusenyera ku mugozi umwe mu gukora ibikwiye dutuje kandi turinda abaturage batuye isi. Ni ibintu bishoboka”.

 

Related posts

Tumenye Kanseri ya ‘Prostate’ idatinya igihagararo cy’umugabo

EDITORIAL

Bamwe mu bakoresha ‘Mituelle de Santé ‘ babangamirwa no kwandikirwa imiti bakayibura

EDITORIAL

Hari abaterwa ipfunwe no kujya kwivuza indwara zandurira mu imibonano mpuzabitsina

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar