Image default
Mu mahanga

Perezida wa Ukraine yaciwe amande kubera kurenga ku mabwiriza ya ‘Guma mu Rugo’

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine avuga ko yaciwe amande kubera kurenga mu mategeko ya ‘guma mu rugo’ mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya coronavirus.

Perezida Zelensky yavuze ko ibyo byabaye ubwo yajyaga mu nzu icuruza ibinyobwa n’ibiribwa byoroheje (café) iri mu mujyi wa Khmelnytsky rwagati muri Ukraine, ku itariki ya 3 y’uku kwezi kwa gatandatu ngo nta n’agapfukamunw ayari yambaye.

Perezida Zelensky (wa kabiri iburyo) yafotowe asoma ku ikawa

Iyi nkuru dukesha BBC ivuga ko nyuma, ibiro bye byatangaje ifoto imugaragaza ari kumwe n’abandi, anywa ku ikawa nubwo bwose serivisi zo gushyira abantu ibinyobwa n’ibiribwa bicaye imbere muri ‘cafe’ kugeza icyo gihe bitari byemewe.

Iriba.news@gmail.com

 

Related posts

Ethiopia:Ingabo za Tigray zahawe amasaha 72 ngo zibe zamanitse amaboko

Emma-marie

Abantu 43 baburiwe irengero mu nyanja Mediterani

EDITORIAL

Ibitotsi by’Abapilote byatumye indege irenga aho yagombaga kugwa

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar