Image default
Sport

Rutsiro FC yazamutse mu cyiciro cya mbere

Ikipe ya Rutsiro FC izamutse mu cyiciro cya mbere nyuma yo gutsinda Vision FC, Rutsiro FC ikazasimbura imwe muri Heroes na Gicumbi zamanutse.

Mu mikino ya kamarampaka (Play-Off) yo gushaka ikipe izamuka mu cyiciro cya mbere, Rutsiro ibonye itike itsinze Vision.

Kigali Today dukesha iyi nkuru yatangaje ko umukino warangiye amakipe yombi anganya 0-0, haza kwitabazwa penaliti, umukino urangira Rutsiro yinjije Penaliti 7 kuri 6 za Vision.

Undi mukino wa 1/4, urahuza ikipe ya Gorilla FC yasezereye Rwamagana, ndetse na Etoile de l’Est yari yasezereye Interforce FC.

iriba.news@gmail.com

Related posts

Leta yemeye ko ibikorwa bya Sport bisubukurwa

Emma-marie

Kicukiro:Gitifu Rutubuka yibukije urubyiruko kurangwa n’imyitwarire myiza

EDITORIAL

Zinedine Zidane ntashishikajwe no kuba Man Utd yamusaba kuba umutoza wayo

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar