Image default
Politike

Saa moya yakuweho, ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro

Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro tariki ya 10 Nzeri2020 iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repuburika, Paul Kagame, mu myanzuro yafashe harimo ko :

-Ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro (aho kuba saa moya z’ijoro nk’uko byari bisanzwe) kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo,

-Ingendo zo kuva no kujya mu Karere ka Rusizi mu modoka bwite ziremewe, ariko hubahirizwa amabwiriza y’inzego z’ubuzima,

Related posts

Amb. Rugwabiza yasabye UN gushyiraho akayo abashinjwa Jenoside bagatabwa muri yombi

EDITORIAL

Nyaruguru: RIB yafunze gitifu n’abashinzwe ubuhinzi mu mirenge itatu

Emma-marie

Green Party yijeje kuzagabanya umusoro ku nyongeragaciro

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar