Image default
Politike

Saa moya yakuweho, ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro

Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro tariki ya 10 Nzeri2020 iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repuburika, Paul Kagame, mu myanzuro yafashe harimo ko :

-Ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro (aho kuba saa moya z’ijoro nk’uko byari bisanzwe) kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo,

-Ingendo zo kuva no kujya mu Karere ka Rusizi mu modoka bwite ziremewe, ariko hubahirizwa amabwiriza y’inzego z’ubuzima,

Related posts

Jeanette Kagame yasabye abanyamategeko kureba niba icyaha cyo gusambanya abana kitashyirwa mu byaha bidasaza

Emma-marie

Mali: Agatsiko k’abasirikare kafashe bugwate Perezida, Ibrahim Boubacar Keïta na Minisitiri w’intebe

Emma-marie

Jeannette Kagame yagaragaje uburyo Umuryango ari ‘Isooko’ ivomwamo imbaraga mu bihe bikomeye

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar