Image default
Politike

Saa moya yakuweho, ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro

Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro tariki ya 10 Nzeri2020 iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repuburika, Paul Kagame, mu myanzuro yafashe harimo ko :

-Ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro (aho kuba saa moya z’ijoro nk’uko byari bisanzwe) kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo,

-Ingendo zo kuva no kujya mu Karere ka Rusizi mu modoka bwite ziremewe, ariko hubahirizwa amabwiriza y’inzego z’ubuzima,

Related posts

Perezida wa Guinea-Bissau ari mu Rwanda

EDITORIAL

Gukunda igihugu, umusingi nyawo wo kubaka igihugu kibereye buri wese

Emma-marie

Minisitiri yatumijwe n’Abadepite ngo atange ibisobanura kuri service z’ubutaka zidahwitse

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar