Image default
Politike

Saa moya yakuweho, ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro

Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro tariki ya 10 Nzeri2020 iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repuburika, Paul Kagame, mu myanzuro yafashe harimo ko :

-Ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro (aho kuba saa moya z’ijoro nk’uko byari bisanzwe) kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo,

-Ingendo zo kuva no kujya mu Karere ka Rusizi mu modoka bwite ziremewe, ariko hubahirizwa amabwiriza y’inzego z’ubuzima,

Related posts

Prof. Shyaka Anastase na Dr. Diane Gashumba bahewe indi mirimo

EDITORIAL

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda n’uw’ uBurundi bazahura bitarenze tariki 31 Ukwakira 2024

EDITORIAL

Green Party yijeje kuzagabanya umusoro ku nyongeragaciro

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar