Image default
Ubuzima

Uyu munsi mu Rwanda habonetse abantu 93 banduye Coronavirus

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa 14 Kanama 2020 abantu 93 banduye Coronavirus, 80 babonetse i Kigali, 13 Rusizi bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi no mu midugudu iri mu kato.

Muri rusange kugeza kuri uyu wa Gatanu abamaze gukira bose hamwe ni 1,604 naho abakivurwa ni 681.

Abamaze kwicwa n’icyo cyorezo mu Rwanda ni umunani.

Minisiteri y’Ubuzima isaba Abaturarwanda bose gukomeza kwitwararika bubahiriza amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Bimwe mu biribwa byafasha umugore ugeze mu gihe cyo gucura kurengera ubuzima bwe

EDITORIAL

U Rwanda ruhanganye n’indwara 21 zititabwaho

EDITORIAL

Hari icyo Leta isaba abaturage nyuma y’uko ubwandu bwa Omicron bugaragaye mu Rwanda

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar