Image default
Mu mahanga

DR Congo: Umusirikare ‘wasinze’ yishe abantu 12

Umusirikare wasinze wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yarashe mu bantu bihitiraga, yicamo abatari munsi ya 12 ndetse akomeretsa abandi benshi.

BBC dukesha iyi nkuru yatangaje ko umwe muri abo yishe bivugwa ko ari umwana w’umukobwa w’imyaka ibiri y’amavuko.

Ibyo byabaye ejo ku wa kane mu ntara ya Kivu y’amajyepfo mu burasirazuba bw’iki gihugu.

Habaye imyigaragambyo y’abaturage barubiye bamagana ingabo za DR Congo mu mujyi wa Sange muri iyo ntara, aho imihanda myinshi yafunzwe.

Related posts

“Mu mpera y’iki gihe cy’ubukonje bwinshi buri muntu wese mu Budage azaba yarakingiwe, yarakize cyangwa yarapfuye”

EDITORIAL

Urukiko rukuru rwategetse ko Abakristu bashobora gukoresha ijambo ‘Allah’

EDITORIAL

Umugabo yishwe n’agahinda nyuma y’urupfu rw’umugore we

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar