Mu Majyaruguru haracyari utubazo ariko na ho bizagenda bikemuka-Perezida Kagame
Perezida wa Repuburika Paul Kagame, yavuze ko ibibazo by’umutekano byagiye bigaragara ku nkiko z’igihugu byakemutse ku buryo bushimishije hakaba hasigaye bike cyane kandi na byo...