Abahinga umuceri mu gishanga cya Rurambi mu Karere ka Bugesera bari bamaze igihe bataka igihombo kubera ko cyarengerwaga mu gihe cy’imvura none nyuma yo gukemurirwa...
Umunyamideri w’icyamamare Kim Kardashian yasabye gatanga ngo atandukane n’umugabo we Kanye West bari bamaranye hafi imyaka irindwi bakaba  baranabyaranye abana bane. Byari bimaze iminsi bihwihwiswa...
Mu butumwa yagennye kuri uyu munsi wo guherekeza mu cyubahiro Lt General Jacques Musemakweli wari Umugenzuzi Mukuru mu Ngabo z’u Rwanda, Perezida wa Repubulika Paul...
Perezida John Magufuli wa Tanzania yasabye ko haba indi minsi itatu yo gusenga no kwiyiriza basaba Imana kubakiza coronavirus ivugwa bushya muri iki gihugu. Mu...
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yasabye Uburayi n’Amerika kohereza mu buryo bwihutirwa 5% by’inkingo zabyo za Covid-19 mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere. Macron yabwiye ikinyamakuru...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame aratangaza ko u Rwanda rukomeje gushaka uburyo bwo kuzahura ubukungu bwarwo nyuma yo gushegeshwa n’icyorezo cya COVID19 n’ubu rugihanganye na...
Duhereye ku rusoro mu nda y’umubyeyi nta tandukaniro riba rihari ku rusoro ruzavamo umukobwa n’uruzavamo umuhungu mbere y’amezi abiri, iyo ari umuhungu ku mezi abiri...
Rond point’ imwe i Kinshasa mu murwa mukuru wa DR Congo yabaye ahantu hashya ubu hageze inkingi y’amayobera y’icyuma izwi nka ‘monolith’. Ku mbuga nkoranyambaga...
Mu rubanza mu mizi rwa Paul Rusesabagina n’abantu 20, rwibanze ku nzitizi yatanze zatanzwe na Rusesabagina avuga ko urukiko rukuru rudafite ububasha bwo kumuburanisha kuko...