Perezida Paul Kagame yavuze ko aziyamamaza kuri manda ya kane mu matora ya perezida ateganyijwe kuba mu kwezi kwa Kanama 2024. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye...
Abagize Inama y’Igihugu y’Abagore mu Murenge wa Kimironko hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye mu Karere ka Gasabo, bahuriye mu nama y’Inteko Rusange basabwa kurushaho kwita ku mutekano...
Depite Frank Habineza yavuze ko amatora ya 2017, DGPR-Green Party yayakuyemo amasomo atandukanye by’umwihariko ngo kuba batari bafite abantu bababahagarariye muri Site z’amatora hirya no...
Umuhuzabikorwa wa ‘ IZERE MUBYEYI ORGANIZATION’ wita ku bana bafite ubumuga bwo mu mutwe, avuga ko aba bana atari ‘umuzigo’ ahubwo ari impano y’Imana ntawe...
Ikigo cya Uganda kigenzura ubuziranenge bw’imiti (NDA) cyemeye ko cyari kibizi ko imiti yo kugabanya ubukana bwa virusi ya VIH/HIV itera SIDA yakoreshwaga mu kubyibushya...
Aho bafatira amafunguro ‘Restaurent’ hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, ibiryo bya Kinyarwanda biribwa n’abifite kubera igiciro gihanitse. Ni saa sita n’iminota 30 ku...