Author : EDITORIAL
Abanyamakuru basabwe kudaceceka igihe bahohotewe
Tariki ya 02/11/2023, U Rwanda rwifatanyije n’isi yose kuzirikana umunsi wo guca umuco wo kudahana abakora ibyaha byibasira abanyamakuru “International Day to End Impunity for...
2022-2023: Ubukungu bw’u Rwanda ntibwahungabanye -BNR
Raporo ya Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) ya 2022-2023 ikubiyemo intego zayo zo guharanira ukudahindagurika kw’ibiciro n’ukutajegajega k’urwego rw’imari, ivuga ko ubukungu bw’u Rwanda butahungabanye...
Kenya: Bamwe mu banyeshuri barakubitwa bikabaviramo urupfu
Caleb Mwangi yarakubiswe cyane ku ishuri yigaho muri Kenya nyuma yuko ariye ibiryo birenze ibyo agenewe byo ku ifunguro rya mu gitondo, kuburyo yabaye ashyizwe...
NIRDA enhances competitiveness of firms in eight value chains
In a bid to propel local industries towards greater productivity and competitiveness, the National Industrial Research and Development Agency (NIRDA) has embarked on a transformative...
Mu Rwanda hagiye gushyirwa ikigo kizigisha Abanyafurika bazakora mu nganda z’imiti
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa Kane yitabiriye inama yigaga ku gukorera ibikoresho by’ubuvuzi muri Afurika no muri Amerika y’Amajyepfo hatangizwa inganda zizabigiramo...
Twahirwa Séraphin yahaga Interahamwe ‘Amapeti’ nk’aya gisikare-Ubuhamya
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bavuga ko Twahirwa Séraphin wari umuyobozi w’Interahamwe i Gikondo yahaga Interahamwe amapeti ‘Ranks’ nk’aya gisirikare bitewe n’ubukana babaga bakoranye...
Impungenge ku Banyarwanda bashobora kuzisanga mu bushomeri kubera ubwenge bw’ubukorano
Hirya no hino ku Isi, ubwenge bw’ubukorano (Artificial Intelligence) buri kwifashishwa mu mirimo itandukanye yakorwaga n’abantu, bikaba biteye impungenge bamwe mu Banyarwanda bavuga ko iri...
Kitshanga mu biganza bya M23
Imirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’imitwe ishyigikiye ingabo za leta, ku ruhande rumwe, n’inyeshyamba zo mu mutwe wa...
Umukozi w’Akarere ka Musanze aracyekwaho gutesha agaciro Urwibutso rwa Jenoside
Umukozi w’Akarere ka Musanze witwa Ntibansekeye Léodomir, ushinzwe kubika ibikoresho (Logistic Officer) yafunzwe, akaba akekwaho icyaha cyo gutesha agaciro Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rw’Akarere...