Inyeshyamba za M23 zatangaje ko ibice zari zarafashe ubu zirimo kurekura bimwe biri kujyamo ingabo za leta n’imitwe y’inyeshyamba yindi maze bakica abasivile bakanabasahura. Itangazo...
Mu kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, abasaza n’abakecuru b’Intwaza bo mu rugo rw’impinganzima rwa Rusizi barashima ubuyobozi bukuru bw’Igihugu bwabakuye mu bwigunge...
Polisi yo muri leta ya Uttar Pradesh mu majyaruguru y’Ubuhinde yarikanuye mu gushakisha umugore warashishije imbunda mu bukwe bwe. Videwo iri ku mbuga nkoranyambaga igaragaza...
Stromae, umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop yahagaritse gahunda y’ibitaramo yateganyaga gukorera i Burayi, avuga ko ashaka kwibanda ku buzima bwe. Uyu muririmbyi w’Umubiligi, ufite...
Nyuma yo kubona ko ubuhinzi bugamije ubucuruzi buhura na birantega zitandukanye, Guverinoma y’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2023, yatangije umushinga wo guteza imbere ubuhinzi...
Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika mu cyumweru gitaha azagezwa mu rukiko aregwa kwishyura umukinnyi wa ‘porn’ ngo aceceke mbere gato y’amatora ya perezida...