Category : Amakuru
Bakuriwemo inda bibagarurira icyizere cyo kugera ku nzozi zabo
Abakobwa bo mu Turere dutandukanye bakuriwemo inda kuko bazitewe bakiri bato abandi bakaziterwa n’abo bafitanye isano bavuga bafite icyizere cyo kugera ku nzozi zabo. Agahinda...
Kamonyi: Ingimbi 2 ziracyekwaho kwiba mudasobwa
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Ngamba yafashe abasore babiri; Ndayishimiye William w’imyaka...
Demokarasi y’Amerika yashyizwe mu kaga-Perezida Joe Biden
Joe Biden yavuze ko “ugushaka kw’abaturage kwaganje” nyuma yuko intsinzi ye mu matora ya perezida yemejwe bidasubirwaho n’akanama k’intumwa zitora (electoral college). Mu ijambo rye...
Musanze: Mu rugo ‘Saa moya’
Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 14 Ukuboza 2020, mu ngamba zihariye zo kwirinda Covid-19, harimo ingingo ivuga ko mu Mujyi wa Musanze, ingendo...
Kigali: Bivugwa ko batanga amazi mu kimbo cya Sanitizer
Bamwe mu batwara abagenzi kuri Moto bazwi ku izina ry’abamotari baravugwaho guha abagenzi amazi akaba ari nayo nayo batera muri ‘Casque’ mu mwanya ‘Hand sanitizer’....
Gatsibo: Ikihishe inyuma yo kubeshyera mwarimu Niyoyita Kwiba igitoki n’ibishyimbo
Mu rukerera rwo ku wa 11 Ukuboza 2020, umwarimu witwa Niyongira Jean Paul wigisha ku rwunge rw’amashuri rwa Kageyo, mu Murenge wa Kageyo w’Akarere ka...
Gatsibo: Imibiri yakuwe mu rwobo rwa Kiziguro izashyingurwa umwaka utaha
Umuyobozi wa Ibuka mu Karere ka Gatsibo Sibomana Jean Nepomscene, avuga ko gushakisha imibiri y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 bakajugunywa mu...
How pregnant women with dwarfism face harrassment by health care providers
Some women with short stature disability in Rwanda, say that when they are harrassed by midwives and nurses when they are pregnant who use hurtful...
Urubyiruko rwasabwe kongera umusanzu rutanga mu kubaka Igihugu ruhereye mu Mudugudu
Ubwitabire bw’urubyiruko muri gahunda za Leta nk’umugoroba w’imiryango, inama, umuganda n’ibindi guhera ku rwego rw’umudugudu uri hasi cyane, CVA ‘The Citizen Voice and Actions’ yabasabye...