Umugabo wo muri Nigeria yatabawe akurwa mu igaraje (garage) ryo mu rugo rw’ababyeyi be mu mujyi wa Kano mu majyaruguru y’igihugu, aho yari amaze imyaka...
Itsinda rishinzwe kwamamaza Joe Biden ryasubije mu mvugo ikarishye Perezida Donald Trump wavuze ko yumvise ko Kamala Harris wo mu ishyaka ry’abademokarate uziyamamazanya na Biden...
Tundu Lissu, umukuru w’ishyaka Chama cha Demokrasia na Maendeleo (CHADEMA) ritavuga rumwe n’ubutegetsi, avuga ko ibiro byaryo mu mujyi wa Arusha mu majyaruguru ashyira uburasirazuba...
Abategetsi bavuga ko indege ya kompanyi Air India Express yari irimo abantu 190 yakoreye impanuka ku kibuga cy’indege cyo muri leta ya Kerala mu majyepfo...
Imbuga za Facebook na Twitter zaraye zihannye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ndetse n’itsinda rishinzwe kumwamamaza mu matora yimirije, kubera kuvuga ko...
Abarundi barenga 200 baheze mu Mujyi cya Dubai kuva mu kwa gatatu kw’uno mwaka babuze uko basubira mu gihugu cyabo nyuma yaho urujya n’uruza ruhagarikiwe...
Umusirikare wasinze wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yarashe mu bantu bihitiraga, yicamo abatari munsi ya 12 ndetse akomeretsa abandi benshi. BBC dukesha iyi...
Leta ya Zimbabwe yemeye kuriha miliyari 3,5 z’amadolari y’Amerika y’indishyi ku bahinzi b’abazungu bari bafite ubutaka bakaza kubwamburwa na leta yari ikuriwe na Robert Mugabe....