Mu gihe cy’umunsi umwe, u Rwanda – igihugu kitagiraga ahantu hari ku rutonde rw’ahagenwe nk’umurage w’isi ubu rufite hatanu (5) nyuma yo kwemeza Parike ya...
The National Industrial Research and DevelopmentAgency (NIRDA) on Friday awarded young innovators who participated in Innovate forSmart Agro-Processing hackathon; a competition that brought together innovators...
Mu bihe bitandukanye abahinzi ba Kawa bo hirya no hino mu gihugu bagiye bagaragaza imbogamizi baterwa no gushyirirwaho imbago (Zoning) z’aho bagomba kugurisha umusaruro wabo....
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi Dr Mukeshimana Gerardine arashima uruhare rw’abahinzi n’aborozi bagira mu gutunga Abanyarwanda bityo ko Leta izakomeza gukora ibishoboka byose mu kubaba hafi hagamijwe...
Uko imyaka igenda ishira indi igataha niko imyumvire Abanyarwanda bafite ku muceri igenda ihinduka. Hambere bumvaga ko umuceri ari ikiribwa cy’abakire, bakawurya kuri noheli no...
Korora inkoko mu buryo bugezweho hifashishijwe ikoranabuhanga ry’amaturagiro byafashije u Rwanda kongera umusaruro w’amagi, uva kuri toni 2,452 mu 2019 ugera kuri toni 8,272 mu...
Abafashamwumvire bo mu karere ka Rutsiro bavuga ko umukamo w’inka zabo wiyongereye nyuma yo gusobanurirwa ko inka nayo ari kimwe n’umuntu ikenera indyo yuzuye. Muri...
Bamwe mu Bagore bimbuye mu matsinda y’ibimina hirya no hino mu Gihugu bavuga ko ingaruka icyorezo cya Covid-19 cyagize ku bukungu bwabo zatumye bamwe muri...
Bamwe mu bahinzi bo mu Murenge wa Simbi mu Karere ka Huye bavuga ko bimwe mu bishanga bahingamo bidatunganijwe neza kuko nta miyoboro y’amazi irimo,...
Mu Karere ka Huye bamwe mu bahinzi ba Kawa bafite impungenge ko Kawea bagiye gusazura zizera barashaje, izi mpungenge ariko bamwe mu bahinzi bagaragaza ko...