Africa y’Epfo yabaye igihugu cya mbere muri Africa cyageze ku bantu barenga miliyoni imwe banduye icyorezo cya Covid-19. Ni nyuma y’ako abategetsi baho bemeje ko...
Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bavuga ko kutabasha kwivuganira na muganga bibagiraho ingaruka zitandukanye zirimo no kutagirirwa ibanga (ibanga hagati y’umurwayi na muganga) bakifuza...
Ishami rya ONU ryita ku buzima OMS ryatangaje ko nta ntambwe iterwa mu kurwanya indwara ya Malariya ndetse ngo hari impungenge z’uko inkunga zo kurwanya...
Abashakashatsi bo mu bitaro byitwa AZ Delta de Roulers mu gihugu cy’Ububiligi batangaje ko hari isano ya hafi hagati yo kutagira vitamini D mu mubiri...
Kuva aho Covid-19 yadukiye ku isi mu mpera z’umwaka ushize wa 2019, ntabwo kubyara cyangwa se kuvuka byahagaze. Ababyeyi barabyaye kandi basabwa kubahiriza ingamba zo...
Mu mezi atatu ashize, ababyariye kwa muganga bari ku gipimo cya 62%, abandi bakaba babyarira mu rugo kubera gutinya urugendo rurerure bakora bajya ku Kigo...