Kuva aho Covid-19 yadukiye ku isi mu mpera z’umwaka ushize wa 2019, ntabwo kubyara cyangwa se kuvuka byahagaze. Ababyeyi barabyaye kandi basabwa kubahiriza ingamba zo...
Mu mezi atatu ashize, ababyariye kwa muganga bari ku gipimo cya 62%, abandi bakaba babyarira mu rugo kubera gutinya urugendo rurerure bakora bajya ku Kigo...
Gukunda kujya kwa muganga uko ugize ikibazo mu mubiri burya ni uburwayi, abafite ako kamenyero ngo baba barwaye indwara yitwa ‘hypochondria’. Ni ibisanzwe kuba umuntu...
Umukuru w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) yavuze ko yizeye ko iki cyorezo cya coronavirus kizaba cyarangiye mu myaka itageze kuri ibiri. Avugira i...