Ubushakashatsi bwagaragaje ko abantu benshi bari munsi y’imyaka 50 barushaho kwibasirwa na kanseri y’amara, bagahamagarira abantu kuba maso no kwivuza hakiri kare igihe babonye ibimenyetso...
Binyuze muri gahunda y’ubutwererane hagati ya Leta y’u Rwanda n’ u Bubiligi, bishimira ko begerejwe service z’ubuzima by’umwihariko ibijyanye n’ubuzima bw’umwana n’umubyeyi ndetse na service...
Umubare w’abantu barwaye kanseri biteganyijwe ko uzazamuka cyane mu myaka makumyabiri iri imbere, nk’uko abahanga mu by’ubuzima mu Buhinde babitangaje. Abana bari munsi y’imyaka 12...
Ku nshuro ya mbere AstraZeneca yemereye urukiko ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rushobora guteza ikibazo mu maraso bikaba byanaviramo umuntu urupfu. Yabyemereye mu rubanza rukomeye...
Kuri uyu wa 22 Werurwe 2024 mu karere ka Rubavu, hizihirijwe umunsi mpuzamahanga wo kurwanya igituntu ubusanzwe wizihizwa ku itariki ya 24 Werurwe buri mwaka....