Minisante yasabwe kwitaba Abadepite ku kibazo cy’abagabo n’urubyiruko badakozwa ibyo kwirinda no kwipimisha SIDA
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yasabye Minisitiri w’Ubuzima (Minisante) kugaragaza ingamba zihariye zo kwirinda no kwipimisha virusi itera SIDA by’umwihariko ku bagabo n’urubyiruko. Nyuma yo kwakira...