Uburyo bwo gufunga imbyaro burundu ku bagabo (vasectomy) buratekanye kurusha uko bivugwa, nk’uko abaganga bo mu Bwongereza bakoze ubushakashatsi babivuga. Nyuma yo kubagwa hashobora kuba...
Ubuyobozi bwa “Young Water Professional (RYWP) buvuga ko kwegereza umugore amazi, isuku n’isukura (WASH) ari ukumwegereza iterambere, akaba ari muri urwo rwego batangije umushinga ugamije...
Urukingo ruhendutse rwa malariya rushobora gukorwa ku bwinshi, rwemerewe gutangwa n’ishami rya ONU rishinzwe ubuzima ku isi, OMS. Uru rukiko rukozwe mugihe Dr Tedros Adhanom...
Umuhuzabikorwa w’Umuryango w’Abibumbye mu Rwanda (UN), Ozonnia Ojielo, avuga ko intambwe u Rwanda rwateye mu guhangana na Virusi itera SIDA ari umusaruro w’imiyoborere myiza. Ozannia...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa Kane yitabiriye inama yigaga ku gukorera ibikoresho by’ubuvuzi muri Afurika no muri Amerika y’Amajyepfo hatangizwa inganda zizabigiramo...