Image default
Amakuru

Ku nshuro ya mbere Kompanyi y’Indege yo muri Israel yatangiye gukorera ingendo mu Rwanda

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Ron Adam,  abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki 26 Ugushyingo 2020,  indege ya Kompanyi yitwa ISRAIR yo muri Israel, itangira gukorera ingendo mu Rwanda.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane nibwo ISRAIR yasesekaye ku kibuga cy’Indege cya Kanombe, aho izanye ba mukerarugendo basaga 80 baje gusura ibyiza bitatse  u Rwanda.

Ni ubwa mbere mu mateka indege y’iyi Kompanyi igeze ku butaka bw’u Rwanda, ikaba ibimburiye izindi ngendo indege z’iyi Kompanyi zizajya zikorera mu Rwanda.

Akanyamuneza kari kose kuri ba mukerarugendo bageze mu Rwanda ku nshuro ya mbere

Israeli airline yaje izanye ba mukerarugendo 80

 

Related posts

Menya impamvu urumogi ‘cannabis’ rugiye guhingwa mu Rwanda

Emma-marie

Ubutaka bw’u Rwanda n’ubwa Congo mu nzira yo gutandukana

Emma-Marie

Leta y’Amerika yasabwe gushyira ‘Igitutu’ ku Rwanda kubera Rusesabagina

Emma-Marie

Leave a Comment

Skip to toolbar