U Rwanda rwoherereje u Burundi ubutumwa bw’intsinzi nyuma y’amatora y’ Umukuru w’Igihugu mushya ari we Gen. Major Evariste Ndayishimiye.
Ubu butumwa bukaba bwashyizwe no ku rukuta rwa Twitter rwa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda.
U Rwanda rwoherereje u Burundi ubutumwa bw’intsinzi nyuma y’amatora y’ Umukuru w’Igihugu mushya ari we Gen. Major Evariste Ndayishimiye.
Ubu butumwa bukaba bwashyizwe no ku rukuta rwa Twitter rwa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda.