Joe Biden yaburiye ko “abantu bashobora gupfa” niba ubutegetsi bwe bwiteguraga kujyaho bukomeje kubangamirwa na Donald Trump. Avugira muri leta ya Delaware, uyu perezida watowe...
Abana baribwa bakajyanwa ku isoko rya magendu aho bagurishwa. Ishami Africa Eye rya BBC ryinjiriye aba bacuruza abana ku mafaranga ashobora no kugera ku 300,000Frw....
Ihuriro ry’abaganga muri Kenya ryaburiye leta ko mu minsi 21 rizakora imyigaragambyo, ni nyuma y’uko abaganga 10 bapfuye bishwe na coronavirus mu minsi ine gusa...
Bamwe mu b’igitsinagore bambara ikibuno (fake bums)bavuga ko batewe impungenge n’uko hari icyo bambara kigahengama ndetse ngo hari n’ikimeswa rimwe kigashonga nk’isabune. Uko iterambere rigenda...
Ingano y’ibyoherezwa mu mahanga yagabanutse ku mpuzandengo ya 15.2%bingana na miliyoni 1294.85 z’amadolari, ku rundi ruhande agaciro (value) k’ibyoherezwayo ko kazamutse ku gipimo cya 15.1%:...
Abashakashatsi bo mu bitaro byitwa AZ Delta de Roulers mu gihugu cy’Ububiligi batangaje ko hari isano ya hafi hagati yo kutagira vitamini D mu mubiri...
Uwahoze ari umutoza wa Rayon Sports, Robertinho ukomoka muri Brazil, kuri ubu utoza ikipe ya Gormahia yo muri Kenya, yagize ubutumwa atanga nyuma yo kumenya...