Image default
Sport

FERWAFA isabye imbabazi Abanyarwanda amazi yararenze inkombe

Nyuma y’aho Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru (Amavubi) yaterewe mpaga n’akanama k’imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF) kubera gukinisha Muhire Kevin utari wemerewe gukina umukino wayahuje na Benin ku wa 29 Werurwe 2023, FERWAFA isohoye itangazo isaba imbabazi Abanyarwanda.

icyemezo cy’akanama k’imyitwarire cyivuga ko u Rwanda rwatewe mpaga (ibitego 3-0) kandi kikaba cyitajuririrwa kuko nta bujurire ubwo ari bwo bwose bwemewe.

Related posts

Abayobozi bakuru b’Ingabo basuye APR FC

Emma-marie

Perezida Kagame n’Umwami wa Maroc bagiye guhabwa ibihembo byo guteza imbere ruhago

EDITORIAL

Gicumbi FC yihesheje icyubahiro igaruka mu kiciro cya mbere

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar