Image default
Iyobokamana

Israel Mbonyi avuze ikintu gikomeye ku madini

Umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda bakunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter , avuze ikintu yabonye abantu banga hagati y’Imana n’amadini.

Ubu butumwa yanditse ku mugoroba wo kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2020, Israel Mbonyi agize ati “Mu gihe gito maze nkora umurimo w’Imana, nasanze nta muntu wanga IMANA, ahubwo abantu banga idini (AMADINI) . ”Because they think Religion is So selfish”

Monyi ni umuhanzi ufite igikundiro mu ruhando rw’abaririmba indirimbo zihimbaza Imana,  akaba amaze kumurika alubumu eshatu ari zo “Number One” na “Intashyo” “Mbwira” yamuritse muri Nyakanga 2020.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Adhan/Azan isobanuye iki mu Idini ya Islam?

EDITORIAL

Amateka y’umunsi w’Ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya wizihizwa cyane n’abo mu idini Gatolika

Emma-marie

Uruhuri rw’ibibazo muri ADEPR, Sibomana Jean wahoze ayiyobora yanditse asaba kugarurwa mu nshingano

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar