Umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda bakunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter , avuze ikintu yabonye abantu banga hagati y’Imana n’amadini.
Ubu butumwa yanditse ku mugoroba wo kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2020, Israel Mbonyi agize ati “Mu gihe gito maze nkora umurimo w’Imana, nasanze nta muntu wanga IMANA, ahubwo abantu banga idini (AMADINI) . ”Because they think Religion is So selfish”
Monyi ni umuhanzi ufite igikundiro mu ruhando rw’abaririmba indirimbo zihimbaza Imana, akaba amaze kumurika alubumu eshatu ari zo “Number One” na “Intashyo” “Mbwira” yamuritse muri Nyakanga 2020.
Iriba.news@gmail.com