Image default
Iyobokamana

Israel Mbonyi avuze ikintu gikomeye ku madini

Umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda bakunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter , avuze ikintu yabonye abantu banga hagati y’Imana n’amadini.

Ubu butumwa yanditse ku mugoroba wo kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2020, Israel Mbonyi agize ati “Mu gihe gito maze nkora umurimo w’Imana, nasanze nta muntu wanga IMANA, ahubwo abantu banga idini (AMADINI) . ”Because they think Religion is So selfish”

Monyi ni umuhanzi ufite igikundiro mu ruhando rw’abaririmba indirimbo zihimbaza Imana,  akaba amaze kumurika alubumu eshatu ari zo “Number One” na “Intashyo” “Mbwira” yamuritse muri Nyakanga 2020.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

Bwa mbere mu mateka ya Kiliziya Gatolika, umunyarwanda agizwe Karidinari

Emma-marie

Umuryango wo kwegura urafunguye-Papa Francis

EDITORIAL

Kenya: Perezida Kenyata yashyizeho umunsi wo gusengera icyorezo cya Coronavirus

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar