Indwara ya ‘Vaginismus’ itera ububabare budasanzwe imbere mu gitsina cy’umugore uyirwaye mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina kuko aba ameze nk’uwo bari gutatamura cyangwa kujombamo ikintu kibabaza...
Kuri uyu wa 13/7/2020 Nsabimana Callixte uzwi kandi nka Sankara yatangiye kwiregura ku byaha aregwa aho yavuze ko mu bitero umutwe wa FLN wagabye ku...
Polisi ikorera mu karere ka Rubavu mu murenge wa Rubavu kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Nyakanga yafashe uwitwa Ndayambaje Janvier w’imyaka 30. Yafatiwe...
Minisitiri w’intebe bw’u Bwongereza Boris Johnson yatangaje ko igihe kigeze ko abantu babaho ubuzima nk’uko bisanzwe. Yavuze ko ashaka kongera kubona basohoka hanze, kandi bafite...
Leta ya Afurika y’epfo yatangaje amabwiriza mashya, arimo no kongera kubuza ubucuruzi bw’inzoga, mu rwego rwo kurwanya ikwirakira rya coronavirus. Hashyizweho umukwabu wa nijoro, ndetse...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yambaye agapfukamunwa mu ruhame, ku nshuro ya mbere kuva iki cyorezo cyagera muri icyo gihugu. Yakambaye ubwo...
Inama nkuru y’ishyaka riri ku butegetsi ‘Chama Cha Mapinduzi’ (CCM) yemeje Perezida John Magufuli nk’umukandida waryo mu matora ya perezida ateganyijwe kuba mu kwezi kwa...