Nubwo ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye ryigishwa kugirango umugabo n’umugore bumve ko bafite uburenganzira bungana, hari bamwe mu bagore bo mu Karere ka Nyanza bavuga ko hari...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, mu kiganiro ‘Breakfast’ kuri Radio Kiss FM, yavuze ko guhangana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi bidasaba ko...
Lieutenant General Jacques Musemakweli umwe mu basirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda, akaba yari n’wari Umugenzuzi Mukuru wa RDF yapfuye mu ijoro ryacyeye azize uburwayi. Umuvugizi...