Umuryango ufasha abana wo mu Bwongereza, Save the Children, uvuga ko intagondwa ziyitirira idini ya Islam zirimo guca imitwe abana barimo n’abafite imyaka 11 bo...
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yavuze ko akiri “kureba urukingo” yafata, nyuma y’iminsi guverinoma ye itangiye gahunda yo gukingira Covid-19 ikoresheje AstraZeneca. Bamwe mu bakuru...
Rutahizamu w’Amavubi Jacques Tuyisenge avuga ko ikipe ye “idafite akazi koroshye” niba icyeneye umwanya mu gikombe cya Africa cya 2022 muri Cameroun. U Rwanda ni...
Perezida wa Tanzania John Magufuli ari mu gihugu kandi ari mu biro bye aho arimo gukora cyane, nkuko bivugwa na minisitiri w’intebe w’iki gihugu, washyize...
Paul Rusesabagina yavuze ko nta butabera ategereje mu rukiko ruri kumuburanisha bityo atazongera kwitabira uru rubanza. Urukiko rwari rumaze kwanga ubusabe bwe bwo gusubika uru...
Impanga ziri kuvuka ari nyinshi kurusha ikindi gihe cyose mbere, isi ishobora kuba iri ku gasongero ko kubyara impanga, nk’uko abashakashatsi babivuga. Impanga zigera kuri...