In a bid to propel local industries towards greater productivity and competitiveness, the National Industrial Research and Development Agency (NIRDA) has embarked on a transformative...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa Kane yitabiriye inama yigaga ku gukorera ibikoresho by’ubuvuzi muri Afurika no muri Amerika y’Amajyepfo hatangizwa inganda zizabigiramo...
Hirya no hino ku Isi, ubwenge bw’ubukorano (Artificial Intelligence) buri kwifashishwa mu mirimo itandukanye yakorwaga n’abantu, bikaba biteye impungenge bamwe mu Banyarwanda bavuga ko iri...
Imirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’imitwe ishyigikiye ingabo za leta, ku ruhande rumwe, n’inyeshyamba zo mu mutwe wa...
Perezida w’Amerika Joe Biden yitezwe kugera muri Israel kuri uyu wa gatatu kugaragaza ko yifatanyije nayo no kuganira n’abategetsi bayo kuri gahunda y’intambara. Ariko uruzinduko...
Mu rubanza ruri kubera mu Rukiko rwa rubanda (Cour d’assises) I Bruxelles, Maître Jean Flamme wunganira Pierre Basabose uregwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda,...
Ubuyobozi bw’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda buvuga ko amarushanwa ku mategeko mpuzamahanga agenga ibihe by’intambara ategurwa ICRC (Komite Mpuzamahanga y’Umuryango Utabara Imbabare) ku bufatanye na kaminuza...