Author : EDITORIAL
Abanyeshuri basaga 60 bajyanwe mu bitaro kubera ‘bonbon’ zirimo urumogi
Minisitiri w’uburezi wa Jamaica yavuze ko abana barenga 60 bo muri icyo gihugu bajyanwe mu bitaro nyuma yo kurya bonbons (sweets) zirimo urumogi. Minisitiri w’uburezi...
Hateguwe ibihembo ku Bigo bya Leta n’abikorera badaheza abafite ubumuga
Ikigo 1000 Hills Event ku bufatanye n’Ihuriro Nyarwanda ry’abafite ubumuga (NUDOR) hamwe n’abandi bafatanyabikorwa bateguye ubukangurambaga bugamije gukangurira abatanga akazi kudaheza abafite ubumuga, iki gikorwa...
Wari uziko Malariya ishobora gutuma uwayirwaye yibagirwa ibintu bimwe na bimwe ?
Bamwe mu baturage bo mu bice bitandukanye by’Igihugu bavuga ko basigaye bibagirwa cyane nyuma y’aho barwariye Malariya yo mu mutwe (Cerebral malaria) irangwa no kugira...
Padiri Uwimana Jean François uri mu biruhuko mu Rwanda azanye ‘Amapiano’
Umupadiri wo muri Diyoseze ya Nyungo, umenyerewe mu buhanzi bw’indirimbo zo gusingiza Imana, Jean François Uwimana, yageze mu Rwanda aje mu biruhuko bizamara ibyumweru bibiri,...
“Ni ikimenyetso cy’umuhate u Rwanda rushyira mu kurengera ibidukikije”
Mu gihe cy’umunsi umwe, u Rwanda – igihugu kitagiraga ahantu hari ku rutonde rw’ahagenwe nk’umurage w’isi ubu rufite hatanu (5) nyuma yo kwemeza Parike ya...
Perezida Kagame aziyamamariza kongera kuyobora u Rwanda mu 2024
Perezida Paul Kagame yavuze ko aziyamamaza kuri manda ya kane mu matora ya perezida ateganyijwe kuba mu kwezi kwa Kanama 2024. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye...
Gasabo-Kimironko: Abagore bahawe umukoro wo kurushaho gusigasira umutekano no kwita ku Muryango
Abagize Inama y’Igihugu y’Abagore mu Murenge wa Kimironko hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye mu Karere ka Gasabo, bahuriye mu nama y’Inteko Rusange basabwa kurushaho kwita ku mutekano...
Isomo DGPR-Green Party yakuye mu matora yo mu 2017 ryatumye ifata ingamba zikomeye
Depite Frank Habineza yavuze ko amatora ya 2017, DGPR-Green Party yayakuyemo amasomo atandukanye by’umwihariko ngo kuba batari bafite abantu bababahagarariye muri Site z’amatora hirya no...