Abantu bagera kuri 40, biganjemo abanyeshuri, bishwe n’inyeshyamba zifite aho zihuriye n’umutwe wiyita leta ya kisilamu, mu gitero zagabye ku ishuri ryo mu burengerazuba bwa...
Mu bihe bitandukanye abahinzi ba Kawa bo hirya no hino mu gihugu bagiye bagaragaza imbogamizi baterwa no gushyirirwaho imbago (Zoning) z’aho bagomba kugurisha umusaruro wabo....
Ku munsi wa 23 w’urubanza rwa Hategekimana Phillipe Alias Biguma ruri kubera mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, kuva tariki ya 12 kugeza...
Ku Cyumweru tariki 04 Kamena 2023 Rev. Canon Dr Antoine Rutayisire wari umuyobozi wa Paruwasi ya Remera mu Itorero Anglikani yagiye mu kirihuko cy’izabuku, akaba...