Umuvugizi w’umutwe wa M23 yasohoye itangazo rimenyesha ko witeguye “guhagarika ibikorwa no gusubira inyuma” bigendanye n’ibyasabye n’inama y’i Luanda muri Angola yo mu kwezi gushize....
Ibirego byakuweho ku munyeshuri wo muri Nigeria watawe muri yombi kubera ubutumwa bwo kuri Twitter bivugwa ko yashinjemo umugore wa Perezida gukoresha nabi amafaranga ya...
Urubyiruko rurashishikarizwa kuba ku isonga mu guhangana na virusi itera SIDA ndetse no kwipimisha kugirango bamenye uko bahaze, abasanze baranduye bashishikarizwa guhita batangira gufata kandi...
Bamwe mu barimu bigisha mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (TVET) baravuga ko amahugurwa bamazemo iminsi mu bijyanye n’ikoranabuhanga, ubumenyi bakuyemo bagiye kububyaza umusaruro. Ibi ni bimwe...
Abaturage ndetse n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze bagaragaza ko nubwo hari uduce ducukurwamo amabuye y’agaciro ngo nta bikorwa by’iterambere bihagaragara. Ikigo gishinzwe mine, peterole na gaz cyizeza...
Umushinjacyaha mukuru wa Angola Helder Pitta Groz yemeje ko iki gihugu cyatanze impapuro mpuzamahanga zo guta muri yombi Isabel dos Santos umukobwa w’uwahoze ari perezida...