Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, yemeye ko yakiriye ‘indonke’ asaba imbabazi Perezida Kagame. Uyu mugabo wahagaritswe ku mirimo ndetse...
Umupira Diego Maradona yari yambaye atsinda igitego cy”Akaboko k’Imana’, n’ikiratwa nk”igitego cy’ikinyejana’, ubwo Argentina yatsindaga Ubwongereza mu mukino w’igikombe cy’isi mu 1986, wagurishijwe muri cyamunara...
Manchester City yahuye na kumwe mu guhirima gukaze kubayeho kugeza ubu mu mateka ya Champions League, ubwo Real Madrid yayigaranzuraga ivuye mu manga, igakatisha itike...
Abana icyenda b’impanga, ari nabo bonyine ku isi, “bafite ubuzima bwiza” mu gihe bari kwizihiza isabukuru y’umwaka umwe, nk’uko se yabibwiye BBC. Abdelkader Arby usanzwe...
Perezida Kagame yabigarutseho ubwo yavugaga ku nama ya CHOGM u Rwanda ruzakira mu mpeshyi y’uyu mwaka. Ni inama izahuriza hamwe ibihugu 54 bigize Umuryango wa...