Binyuze ku rubuga rwa Alibaba rw’umucuruzi Jack Ma, Ikawa y’u Rwanda yiswe ‘Gorilla’s Coffee’ igera kuri toni yagurishijwe mu gihe kitageze ku munota umwe. Uruganda...
Abantu barenga miliyoni enye ku isi ni bo bamaze kwemezwa ko banduye coronavirus, nkuko imibare ya Kaminuza ya Johns Hopkins yo muri Amerika ibigaragaza. Abo...
Imvura nyinshi yaraye iguye mu ijoro ryakeye hirya no hino mu gihugu yateye ibiza bitandukanye, aho umubare w’abamaze kumenyekana ko bahitanywe na yo ni abantu...