Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yategetse ko Ibendera ry’u Rwanda ndetse ni ry’ Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yururutswa mu rwego rwo kunamira Perezida Pierre Nkurunzuza...
Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe mu ijoro ryo ku wa 31 Gicurasi 2020 riravuga ko ingendo hagati y’intara zitandukanye ndetse n’Umujyi wa Kigali...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwahuye n’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha (Rwanda Youth Volunteers in Community Policing-RYVCP), barimo gufasha abaturage hirya no hino gukomeza kubahiriza...
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Gicurasi 2020, umuntu wa mbere wari urwaye COVID-19 yapfuye. Minisante yatangaje ko umurwayi witabye...
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Gatabazi Jean Marie Vianney na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Gasana Emmanuel bahagaritswe ku mirimo. Itangazo rivuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rihagarika aba...
Dusengiyumva Samuel akomoka mu cyahoze ari Komini Ntongwe, ubu ni mu Karere ka Ruhango. Yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, afite imyaka 13 gusa. Mu...