U Bushinwa: Ikawa y’u Rwanda isaga Toni yagurishirijwe mu gihe kitageze ku munota
Binyuze ku rubuga rwa Alibaba rw’umucuruzi Jack Ma, Ikawa y’u Rwanda yiswe ‘Gorilla’s Coffee’ igera kuri toni yagurishijwe mu gihe kitageze ku munota umwe. Uruganda...