Imirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’imitwe ishyigikiye ingabo za leta, ku ruhande rumwe, n’inyeshyamba zo mu mutwe wa...
Perezida w’Amerika Joe Biden yitezwe kugera muri Israel kuri uyu wa gatatu kugaragaza ko yifatanyije nayo no kuganira n’abategetsi bayo kuri gahunda y’intambara. Ariko uruzinduko...
Icyo ni cyo gisubizo abategetsi bo muri Israel bakomeje gutanga ku wa gatandatu ubwo nababaza ukuntu, hamwe n’ubushobozi bwinshi bwabwo, ubutasi bwa Israel butigeze bubona...
Minisitiri w’uburezi wa Jamaica yavuze ko abana barenga 60 bo muri icyo gihugu bajyanwe mu bitaro nyuma yo kurya bonbons (sweets) zirimo urumogi. Minisitiri w’uburezi...
Umusirikare arimo guhigwa mu ntara ya Ituri nyuma y’uko kuwa gatandatu avuye aho yakoreraga yagera iwe akarasa mu bantu benshi akica 13 biganjemo abana n’abagore,...