Umusirikare wasinze wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yarashe mu bantu bihitiraga, yicamo abatari munsi ya 12 ndetse akomeretsa abandi benshi. BBC dukesha iyi...
Leta ya Zimbabwe yemeye kuriha miliyari 3,5 z’amadolari y’Amerika y’indishyi ku bahinzi b’abazungu bari bafite ubutaka bakaza kubwamburwa na leta yari ikuriwe na Robert Mugabe....
Leta ya Tanzania yasohoye amabwiriza ngenderwako mashyashya ajyanye n’imyambaro hamwe no kwitunganya ku bakozi ba Leta,abuza gutereka inzara no kwambara inkweto ndende. Ayo mabwiriza mashya...
Mu muhango w’idini wo gusezera kuri Benjamini William Mkapa wahoze ari perezida wa Tanzania wabereye mu mujyi wa Dar es Salaam ejo ku cyumweru, umuryango...
Umugabo ukomoka muri Singapour yemereye urukiko muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ko yahakoreraga nka maneko w’Ubushinwa, iki kikaba ari cyo kibazo cya vuba aha kibayeho...
Umahanzi w’icyamamare Kanye West yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora ateganyijwe mu kwa 11, yatangiriye ahitwa Charleston...
Abaherwe batunze za miliyari z’amadolari nka Elon Musk, Jeff Bezos na Bill Gates ni bamwe mu bakomeye benshi bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika baraye...