Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda yatangaje ko mu mpera z’uyu mwaka Ikigo ndangamuco cy’u Bufaransa mu Rwanda kizongera gukora. Mu kiganiro n’abanyamakuru, Umuyobozi muri iyi ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kugaya abayobozi batujuje inshingano nta gitangaza kirimo, aboneraho kandi kubwira abayobozi mu nzego zitandukanye ko inyungu rusange z’u Rwanda n’Abanyarwanda...
Gen. Mubarak Muganga, yavuze ko mu mpera z’umwaka wa 2019 no mu ntangiriro za 2020, umwanzi yatanze impano “cadeau” nziza, agaruka ku rupfu rwa Lt...
Ashingiye ku biteganywa n’ltegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku itariki...
Huye/Nyaruguru: Abarokotse Jenoside 105 batishoboye nta bufasha bahawe mu myaka 26 ishize Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 bo mu Karere ka Nyaruguru bagiye...
Perezida Kagame arasaba urubyiruko rwo ku mugabane w’Afurika kubyaza umusaruro impano rufite  Urubyiruko rwo ku mugabane w’Afurika rurasabwa na Perezida wa Paul Kagame kurushaho kubyaza...
Perezida Kagame yavuze ko agiye gufatira ibyemezo bikomeye abayobozi bakora nabi Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko agiye gufatira ibyemezo bikomeye abayobozi barangwa n’imikorere...