Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki ya 15 Nyakanga 2020, tumwe mu tugari two mu Turere twa Nyamagabe na Nyamashe...
Mu Murenge wa Tabagwe mu Karere ka Nyagatare mu gace kabanje kwigarurirwa n’izahoze ari ingabo za FPR Inkotanyi hatashywe umudugudu w’ikitegererezo uteye amabengeza, mu muhango...
Abatuye umudugudu wa Rwarusaku, akagari ka Kibenga bibumbiye muri koperative Abanyamurava baravuga ko uburyo bwo kuvomerera hakoreshejwe imirasire y’izuba bahawe na Hinga Weze ku bufatanye...
Ubufatanye hagati ya Hinga Weze na Equity Bank bwo gutanga inguzanyo ya miriyari 2,520,000,000 ku bahinzi, kuri koperative z’abahinzi n’abacuruzi b’inyongeramusaruro bwitezweho kuzamura umusaruro ku...
Umushinga ‘Hinga Weze’ wahaye abana bo mu Murenge wa Musenyi bari munsi y’imyaka bafite ikibazo cy’imirire kubera ingaruka za COVID-19 bahawe ibiribwa bikungahaye ku ntungamubiri....
Ku wa kabiri, tariki ya 16 Kamena 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME....