Abaherwe batunze za miliyari z’amadolari nka Elon Musk, Jeff Bezos na Bill Gates ni bamwe mu bakomeye benshi bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika baraye...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Nyakanga 2020 iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yize ku cyorezo cya Coronavirus yanzura ko...
Abashakashatsi bavuga ko isi ikwiye kwitegura ingaruka zo kuba imbyaro ziri kugabanuka mu buryo butangaje ku isi. Ikigereranyo cy’abana bavuka cyerekana ko hafi buri gihugu...
Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bwaretse gahunda yo gusubiza mu bihugu byabo abanyeshuri b’abanyamahanga biga muri kaminuza ubu zimuriye amasomo...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki ya 15 Nyakanga 2020, tumwe mu tugari two mu Turere twa Nyamagabe na Nyamashe...
Ibiro bya perezida wa Zambia byatangaje ko byababajwe no kumva mu binyamakuru ko Perezida Edgar Lungu yavuzwe mu rukiko rwo mu Rwanda ko yahaye ubufasha...
Indwara ya ‘Vaginismus’ itera ububabare budasanzwe imbere mu gitsina cy’umugore uyirwaye mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina kuko aba ameze nk’uwo bari gutatamura cyangwa kujombamo ikintu kibabaza...
Kuri uyu wa 13/7/2020 Nsabimana Callixte uzwi kandi nka Sankara yatangiye kwiregura ku byaha aregwa aho yavuze ko mu bitero umutwe wa FLN wagabye ku...
Polisi ikorera mu karere ka Rubavu mu murenge wa Rubavu kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Nyakanga yafashe uwitwa Ndayambaje Janvier w’imyaka 30. Yafatiwe...