Abahanga mu by’ibirunga baraburira ko ikiyaga cy’umuriro w’amazuku kiri kuzura ku kigero giteye ubwoba ku kirunga cya Nyiragongo, kiri hafi y’umujyi wa Goma muri DR...
SENA y’u Rwanda iratangaza ko ikoranabuhanga no gushyiraho uburyo bwo gukora igihano cy’imirimo y’inyungu rusange mu cyimbo cy’igifungo byaba bimwe mu bisubizo birambye by’ikibazo cy’ubucucike...
Leta y’u Rwanda yemeje guhinga no kohereza ‘urumogi’ mu mahanga ku mpamvu z’ubuvuzi no kubona inyungu y’amafaranga. Inama y’abaminisitiri yo kuwa kabiri yemeje ibyerekeye “ihingwa,...
Virusi itera Covid-19 ishobora kuba icyanduza mu gihe kigera ku minsi 28 iri ahantu hatandukanye nko ku mafaranga y’inoti, ku birahure (screens) bya telefone no...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ukwakira nibwo Polisi ikorera mu ntara y’Amajyaruguru yakoze igikorwa cyo kugenzura ko amadini n’amatorero bikorera muri iyi ntara byubahiriza...