Ibyago bikomeye umuntu atitera ni ukubyarwa n’umugizi wa nabi–Bamporiki
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n Umuco, Bamporiki Edouard, asanga kubyarwa n’umugizi wa nabi ari ibyago bikomeye, ariko kandi ngo kwitandukanya n’ikibi ni urugamba...