Category : Amakuru
Perezida Kagame yifurije Karidinari Kambanda imirimo myiza
Perezida Kagame yifurije ishya n’ihirwe Arkiyepiskopi wa Kigali Musenyeri Antoine Kambanda uherutse kugirwa Karidinali na Papa Francisko. ...
Canada: Abantu babiri bishwe batewe icyuma i Québec
Abantu batari munsi ya babiri bishwe batewe icyuma (cyangwa imbugita mu Kirundi) naho abandi batanu barakomereka mu mujyi wa Québec muri Canada, nkuko polisi ibivuga....
Min. Shyaka yakuyeho urujijo ku bibwiraga ko insengero zose zemerewe gukora
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase, yasobanuye ibya 50% bemerewe kujya mu nsengero, akuraho urujijo ku bibwiraga ko ari insengero zose zemerewe gukora ariko zikakira...
2019-2020: Umuvunyi yatunze agatoki ‘Imungu’ z’iterambere zikwiye gushakirwa umuti byihutirwa
Umuvunyi Mukuru Anastase Murekezi, ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko Imitwe yombi raporo y’Urwego rw’Umuvunyi ya 2019-2020, yavuze ko ruswa n’akarengane ari zimwe mu mungu...
Menya igitera imyitwarire idasanzwe irimo gusambanya abana cyangwa uwo muhuje isano
Inzobere mu mitekerereze ya muntu n’ibijyanye n’ibitsina, Dr Gakwaya Albert, avuga ko imwe mu myitwarire idasanzwe ya muntu irimo nko gusambanya itungo ndetse no kurarikira...
Nyaruguru yabaye iya mbere mu kwesa imihigo Rusizi iba iya nyuma
Imihigo igaragaza uko uturere twakurikiranye mu ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo y’umwaka wa 2019/2020, Akarere ka Nyaruguru kahize utundi, Akarere ka Rusizi kaba aka nyuma. Byatangarijwe...
Umurongo Perezida Kagame yatanze ku kibazo cy’ ubutaka bw’abanyarwanda bahunze 1959 ntiwashyizwe mu bikorwa
Ikibazo cy’ubutaka bw’Abanyarwanda bahunze 1959 Perezida Kagame yagihaye umurongo tariki 28/03/2018 akigarukaho 10/07/2020 avuga ko kidakwiye kujya mu nkiko ahubwo ari umukoro w’ubuyobozi kugira ngo...
France: Perezida Macron yatangaje ‘guma mu rugo’ ya kabiri
Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa yaraye atangaje ingamba za ‘guma mu rugo’ mu gihugu hose ku nshuro ya kabiri, kugeza nibura mu mpera y’ukwezi kwa cumi...
Uruhande rwa Paul Rusesabagina rwareze u Rwanda mu rukiko rw’Africa y’Iburasirazuba
Umuryango wa Paul Rusesabagina uvuga ko abanyamategeko washyizeho ejo ku wa kabiri batanze ikirego mu rukiko rw’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba kivuga ko “yafashwe binyuranyije n’amategeko,...