Iby’aba banyarwanda bari baraburiwe irengero ni bimwe mu bikubiye muri raporo y’ibyo UN yasabaga u Rwanda bigera kuri 50, harimo ibijyanye no gushakisha abantu baburirwa irengero,...
Umugore witwa Uwemeyimana Jeanne d’Arc wo mu Karere ka Kayonza ni umwe mu bagore benshi bemeza ko bari batunzwe no guca inshuro ndetse none bakaba...
Mu kagari ka Bweya mu murenge wa Ndora muri Gisagara haravugwa umugabo wahawe Frw 2000 ngo ajye gukura ingurube y’umuturanyi we mu musarani agiyemo agwamo...
Abahanga mu by’ibirunga baraburira ko ikiyaga cy’umuriro w’amazuku kiri kuzura ku kigero giteye ubwoba ku kirunga cya Nyiragongo, kiri hafi y’umujyi wa Goma muri DR...
Leta y’u Rwanda yemeje guhinga no kohereza ‘urumogi’ mu mahanga ku mpamvu z’ubuvuzi no kubona inyungu y’amafaranga. Inama y’abaminisitiri yo kuwa kabiri yemeje ibyerekeye “ihingwa,...
Virusi itera Covid-19 ishobora kuba icyanduza mu gihe kigera ku minsi 28 iri ahantu hatandukanye nko ku mafaranga y’inoti, ku birahure (screens) bya telefone no...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ukwakira nibwo Polisi ikorera mu ntara y’Amajyaruguru yakoze igikorwa cyo kugenzura ko amadini n’amatorero bikorera muri iyi ntara byubahiriza...