Leta y’u Rwanda yemeje guhinga no kohereza ‘urumogi’ mu mahanga ku mpamvu z’ubuvuzi no kubona inyungu y’amafaranga. Inama y’abaminisitiri yo kuwa kabiri yemeje ibyerekeye “ihingwa,...
Virusi itera Covid-19 ishobora kuba icyanduza mu gihe kigera ku minsi 28 iri ahantu hatandukanye nko ku mafaranga y’inoti, ku birahure (screens) bya telefone no...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ukwakira nibwo Polisi ikorera mu ntara y’Amajyaruguru yakoze igikorwa cyo kugenzura ko amadini n’amatorero bikorera muri iyi ntara byubahiriza...
Ku makuru yatanzwe n’abaturage, kuri iki cyumweru tariki ya 4 Ukwakira Polisi ikorera mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Bigogwe mu kagari ka Kora...
Abapfakazi bibumbiye muri Koperative Abanyamurava ikorera mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Cyuve barataka igihombo gikomeye yatewe no gufungwa kw’imipaka kubera icyorezo cya Covid-19...
Mariah Carey yaciye imihigo myinshi itandukanye, harimo akabati kuzuye ibihembo bya Grammy ndetse akaba yarashyizwe mu rwego rwa Hall of Fame mu bandintsi beza b’indirimbo....