Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki ya 15 Nyakanga 2020, tumwe mu tugari two mu Turere twa Nyamagabe na Nyamashe...
Ibiro bya perezida wa Zambia byatangaje ko byababajwe no kumva mu binyamakuru ko Perezida Edgar Lungu yavuzwe mu rukiko rwo mu Rwanda ko yahaye ubufasha...
Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ku mugoroba wo kuri uyu wa 7/7/2020 riragira riti: “Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko numero 14/2013 ryo...
Bamwe mu baturage bo mu turere twa Kirehe na Rwamagana two mu Ntara y’Iburasirazuba, baturiye ibikorwa remezo byatwaye akayabo ariko bikaba bidakoreshwa icyo byubakiwe barasaba...
Mu Murenge wa Tabagwe mu Karere ka Nyagatare mu gace kabanje kwigarurirwa n’izahoze ari ingabo za FPR Inkotanyi hatashywe umudugudu w’ikitegererezo uteye amabengeza, mu muhango...
Abatuye umudugudu wa Rwarusaku, akagari ka Kibenga bibumbiye muri koperative Abanyamurava baravuga ko uburyo bwo kuvomerera hakoreshejwe imirasire y’izuba bahawe na Hinga Weze ku bufatanye...
Ubufatanye hagati ya Hinga Weze na Equity Bank bwo gutanga inguzanyo ya miriyari 2,520,000,000 ku bahinzi, kuri koperative z’abahinzi n’abacuruzi b’inyongeramusaruro bwitezweho kuzamura umusaruro ku...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Kamena 2020 ni umunsi wahariwe kwibuka imiryango yazimye muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994...
Gahunda y’ikusanyirizo rya serivisi z’ubuhinzi n’ubworozi ‘Farm Service Center’ (FSC) ni ahantu h’icyitegererezo mu gutanga serivisi ku bahinzi n’aborozi, haba hari umudugudu cyangwa se ikusanyirizo...