Imihango yo gushyingirwa mu nsengero iremewe ariko ikitabirwa n’abantu batarenze 30
Ku wa kabiri, tariki ya 16 Kamena 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME....