Abantu batari munsi ya 43 biciwe mu cyo Perezida wa Nigeria yavuze ko ari igitero “ndengakamere” cyabereye mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’icyo gihugu ku wa...
Igisirikare cya Ethiopia kivuga ko cyafashe imijyi myinshi yo mu karere ka Tigray kari mu majyaruguru y’icyo gihugu. Ingabo za Ethiopia zimaze ibyumweru zirwana n’ingabo...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yavuze ko yafunze konti ye yo kuri Twitter kubera kuyitukirwaho. Kuri uyu wa gatatu, Kenyatta yavuze ko yarakazwaga n’abamutukaga kuri...
Uwahoze ari umukuru w’inyeshyamba muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yakatiwe gufungwa burundu kubera ibyaha byibasira inyokomuntu, birimo no gufata abagore ku ngufu mu kivunge....
Inshuti ikomeye ya Donald Trump yamushishikarije kureka umuhate we wo kugerageza kuburizamo ibyavuye mu matora ya perezida byerekanye ko yatsinzwe na Joe Biden. Chris Christie...
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia yahaye amasaha 72 ingabo za leta ya Tigray yo mu majyaruguru y’igihugu ngo zibe zamanitse amaboko zemere ko zatsinzwe, mu gihe...
Joe Biden yaburiye ko “abantu bashobora gupfa” niba ubutegetsi bwe bwiteguraga kujyaho bukomeje kubangamirwa na Donald Trump. Avugira muri leta ya Delaware, uyu perezida watowe...
Abana baribwa bakajyanwa ku isoko rya magendu aho bagurishwa. Ishami Africa Eye rya BBC ryinjiriye aba bacuruza abana ku mafaranga ashobora no kugera ku 300,000Frw....