Banki nkuru y’u Rwanda iragaragaza ko guhererekanya amafaranga kandi hagati ya banki zitandukanye byitabiriwe kurushaho mu mezi atandatu ya mbere ya 2020, yaba mu bikorwa...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare kigiye gusohora ubushakashatsi ku ishusho y’umurimo mu Rwanda muri iki gihe cya COVID19 aho imibare y’abadafite akazi ishobora kwiyongera. Ni mu gihe...
Imyaka isaga itanu irashize Minisiteri y’Ubucuruzi itangaje ko hari umushinga wo guhuza ‘SACCOs’ zikavamo Banki y’Amakoperative, abasenateri kuri uyu wa 30 Nyakanga 2020 babajije aho...
Binyuze mu kigega cy’Abanyamerika gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga USAID, Leta zunze Ubumwe z’Amerika zahaye u Rwanda agera kuri amadorali y’Amerika 643.8M ni ukuvuga miliyari 605 z’amafaranga...
Mu gikorwa cyo gutangiza igihembwe k’ihinga 2020 C, Hinga weze yateye inkunga abafatanyabikorwa bayo bo mu Karere ka Gatsibo mu murenge wa Gitoki gutera imigozi...