Bamwe mu basore n’inkumi bo mu madini n’amatorero atandukanye bari bafite umushinga w’ubukwe bagakomwa mu nkokora n’icyorezo cya Covid-19, bahisemo kwishyingira kuko batari bazi igihe...
Nyuma y’umwaka umwe inteko ishinga amategeko muri Gabon yatoye ingingo yemeza kuvana ubutinganyi mu byaha bihanwa. Ibi nibyemezwa n’umutwe wa sena hamwe na perezida, Gabon...
Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Albany muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika batahuye ko amasohoro ashobora kwifashishwa mu kuzimya umuriro. Ibipimo byafashwe n’aba bashakashatsi byagaragaje ko...
Arabia Saoudite yategetse ko uyu mwaka nta banyamahanga bagomba kujyayo mu mutambagiro mutagatifu wa kisilamu, uzwi nka Hajj, mu rwego rwo kwirinda coronavirus. Umubare muto...
Papa Francis avuga ko icyorezo cya coronavirus cyerekanye neza uko abakene bigijweyo muri sosiyete. Avuga ko ubukene kenshi buhishwa, ariko kugerageza gufasha abandi bidufasha kumenya...
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima ‘RBC’ yatangaje ko mu barwayi bashya, batandatu bagaragaye muri Kigali harimo abo mu turere twa Kicukiro na Nyarugenge muri bo abagera...