Ibibazo by’irondaruhu byavuzweho n’igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markle mu kiganiro bagiranye na Oprah Winfrey “birahangayikishije” kandi “byafashwe mu buryo bukomeye cyane”, nkuko bivugwa n’ubwami...
Imbwa za Joe n’umugore we Jill Biden zakuwe muri White House nyuma y’uko into muri zo yitwa Major, bivuzwe ko yariye ushinzwe umutekano. Ibinyamakuru muri...
Mu kiganiro bagiranye na Oprah Winfrey, Harry n’umugore we Meghan bavuze ko – nyuma yo guhagarikirwa ubufasha n’umuryango w’ibwami hari umuherwe w’Umunyamerika Tyler Perry wabahaye...
Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Maraba mu Karere ka Nyaruguru, Rose Nyiraneza, ari mu maboko ya RIB kuva tariki 8/3/2021 akurikiranyweho amafaranga asaga miliyoni umunani yanyerejwe....
Oprah Winfrey yavuze ko igikomangoma Harry yamusobanuriye neza ko atari Umwamikazi cyangwa igikomangoma umugabo we bibajije ku kuntu ibara ry’uruhu rw’umwana we w’umuhungu rizaba rimeze....
Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), yamuritse igitabo kiri mu Kinyarwanda, Icyongereza n’Igifaransa, cyashingiye ku bushakashatsi bugaragaza uburyo ibikorwa byaganishije kuri Jenoside byari byarateguwe kuva...